Uko gahunda yo kwamamaza Paul Kagame izagenda aho azagera mu turere 19 gusa
![Uko gahunda yo kwamamaza Paul Kagame izagenda aho azagera mu turere 19 gusa](https://www.bigezwehotv.com/uploads/images/202406/image_870x_666ae1c5d10cb.jpg)
Uko gahunda yo kwamamaza Paul Kagame izagenda aho azagera mu turere 19 gusa
Mu gihe biteganyijwe ko u Rwanda rwetegura amatora y’Abadepite n'aya Perezida wa Repubulika, hagiye hanze gahunda yo kwamamaza President Paul Kagame, igikorwa kizatangira kuva tariki 22 uku kwezi kugera tariki 13 Nzeri 2023.
Perezida Paul Kagame ni umukandida uhagarariye umuryango FPR-Inkotanyi kuri uyu mwanya asazweho kuva mu mwaka wa 2003.
Kuri uyu wa mwanya w'umukuru w'igihugu, Perezida Kagame ahataniye n'abandi bakandida babiri aribo Philippe Mpayimana wigenga na Frank Habineza w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda.
Biteganyijwe ko aya matora azaba tariki 15 Nyakanga 2024 ku bari mu Rwanda ndetse na tariki 14 Kamena ku banyarwanda baba hanze y'igihugu.